APR FC yasinyishije Rutahizamu uzatsinda “Ngo ibitego 50“

Rutahizamu Victor Mbaoma ukomoka muri Nigeria, yamaze gusinyira ikipe ya APR FC amasezerano y’imyaka ibiri.

Uyu mukinnyi ukina asatira izamu yageze mu Rwanda ku wa Gatanu w’icyumweru gishize tariki ya 7 Nyakanga 2023, akaba yarahise ajya gukora ikizami cy’ubuzima cyabere mu Bitaro bya Gisirikare i Kanombe.

Uyu mukinnyi ukina asatira izamu yageze mu Rwanda ku wa Gatanu w’icyumweru gishize tariki ya 7 Nyakanga 2023, akaba yarahise ajya gukora ikizami cy’ubuzima cyabere mu Bitaro bya Gisirikare i Kanombe.

APR FC ihanze amaso imikino Nyafurika aho izahagararira u Rwanda muri CAF Champions League.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,  cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *