Bwana Habitegeko na Mme Meya “baguye munsi y’Urugo”!Abandi bo ni Dosiye y’Abakono ikomeje! Biracyaza

François Habitegeko wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba guhera muri Werurwe 2021 yakuwe mu nshingano na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.

Habitegeko yabaye Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba asimbuye Alphonse Munyantwari wari kuri uwo mwanya kuva mu mwaka wa 2016.

Icyo gihe Habitegeko na we yari avuye ku mwanya w’Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru yabereye Meya kuva mu mwaka wa 2011.

Mukamasabo wirukanywe mu kazi ku wa Mbere tariki 28 Kanama 2023, akurikiye Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba .

Guverineri Habitegeko yajyanye na Meya wa Nyamasheke! Abandi bo ni Dosiye y’Abakono ikomeje Hagati aho abiswe aba “Gatabazi” bari kugenda umwe umwe! Abegura bazira iki? Abasimbura bazirinde iki? Kurikira ikiganiro.

Inkuru dukesha umuryango.rw

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433, +250783399900.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *