Kaminuza y’u Rwanda (UR) yatangaje ko igiye gusubukura gahunda yo gutanga za mudasobwa zigendanwa ku banyeshuri.

Iyo gahunda iteganyijwe gutangira mu kwezi k’Ukwakira 2023, ikaba ije nyuma y’uko abanyeshuri bakoresha imbuga nkoranyambaga bavuga ibibazo bafite bifuza ko byakemuka, cyane cyane ikijyanye na gahunda yo gutanga za …

Kaminuza y’u Rwanda (UR) yatangaje ko igiye gusubukura gahunda yo gutanga za mudasobwa zigendanwa ku banyeshuri. Read More