Abayobozi 10 mu Majyaruguru ntabwo bakuweho ahubwo barirukanwe-Minisitiri Musabyimana

Yagize ati “Abaturage b’Intara y’Amajyaruguru ni batuze batekane nta byacitse, kuba abayobozi icumi bakwirukanwa kuko birukanwe, nta n’ubwo bakuweho mu bundi buryo ahubwo birukanwe, ni ikibazo kijyanye no kubazwa inshingano …

Abayobozi 10 mu Majyaruguru ntabwo bakuweho ahubwo barirukanwe-Minisitiri Musabyimana Read More