UKO WAREBA AMANOTA YA S6 2023 (A-LEVEL; TTC; TVET) USING NESA & SDMS. National Examination Marks

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abahungu batsinze neza kurusha abakobwa mu bizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2022/2023. Amanota y’ibyavuye muri ibi bizamini yatangajwe kuri uyu wa …

UKO WAREBA AMANOTA YA S6 2023 (A-LEVEL; TTC; TVET) USING NESA & SDMS. National Examination Marks Read More

Menya impamvu zatumye hafungwa amavuriro gakondo 8yakoraga ku mugaragaro arimo azwi cyane

Minisiteri y’Ubuzima yahagaritse amavuriro gakondo umunani yari asanzwe akora byemewe n’amategeko, igaragaza impamvu zatumye aya mavuriro ahagarikwa, nyuma y’ubugenzuzi yakorewe. Mu itangazo ryagiye hanze kuri iki Cyumweru tariki 03 Ukuboza …

Menya impamvu zatumye hafungwa amavuriro gakondo 8yakoraga ku mugaragaro arimo azwi cyane Read More

AMAFOTO: Irebere ubwiza buhebuje bw’igishushanyo-mbonera cya Kigali y’ahazaza cyegukanye igihembo ku rwego rw’Isi

Igishushanyo Mbonera ‘Green City Kigali’, cy’umujyi utagira uwo wirukana cyangwa uheza kandi utangiza ibidukikije, cyegukanye igihembo cy’Iserukiramuco rizwi nka World Architecture Festival (WAF) mu mishinga y’ibishushanyo mbonera y’ahazaza. Ni ibihembo …

AMAFOTO: Irebere ubwiza buhebuje bw’igishushanyo-mbonera cya Kigali y’ahazaza cyegukanye igihembo ku rwego rw’Isi Read More

Iradukunda Bertrand uzwi nka Kanyarwanda yasezeye kuri ruhago burundu anavuga impamvu yabimuteye

Iradukunda w’imyaka 28, wakiniye n’Ikipe y’igihugu “Amavubi”,abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yavuze ko asezeye ku mupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga. Yasoje agira ati “Warakoze Mana ku bwa buri kimwe cyabaye muri …

Iradukunda Bertrand uzwi nka Kanyarwanda yasezeye kuri ruhago burundu anavuga impamvu yabimuteye Read More