Umukinnyi w’amagare watwaye tour du Rwanda Mugisha Samwel yatawe muri yombi

Urwego rw’igihugu rw’ubungenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’Amagare, Mugisha Samuel,  aho akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake. Uyu mukinnyi w’amagare wakunzwe n’abatari bacye mu gihugu …

Umukinnyi w’amagare watwaye tour du Rwanda Mugisha Samwel yatawe muri yombi Read More

Nyuma yo kumara igihe afunze Perezida w’igihugu Paul Kagame yahaye imbabazi Habumuremyi Damien

Ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahaye imbabazi Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe mu Rwanda nyuma y’iminsi itaragera no ku 10 urukiko rumugabanyirije …

Nyuma yo kumara igihe afunze Perezida w’igihugu Paul Kagame yahaye imbabazi Habumuremyi Damien Read More

Amasaha abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye bari basanzwe biga yiyongereyeho amasaha atanu

Mu rwego rwo kuziba icyuho cyatewe n’ingaruka za Covid-19 bigatuma abanyeshuri batiga amasomo yabo neza n’kuko byari biteganyijwe Minisiteri y’Uburezi yongereye amasaha atanu ku ngengabihe ya buri cyumweru y’amashuri abanza …

Amasaha abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye bari basanzwe biga yiyongereyeho amasaha atanu Read More

Kigali: Gasabo haravugwa umugabo wishe umugore we amukubise isuka , ashatse kwiyahura abaturage baramufata

Mu karere ka Gasabo haravugwa umugabo witwa Ntamavukiro Joseph utuye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo, wakubise isuka umugore we Habiyambere Vinantie amuhoye ibihumbi 10,000 Frw ahita amwica. …

Kigali: Gasabo haravugwa umugabo wishe umugore we amukubise isuka , ashatse kwiyahura abaturage baramufata Read More

Kigali: Nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida wa Repuburika bongeye gufatwa bibye umuturage miliyoni 3

Abagabo babiri bafashwe na Polisi yo mu ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu n’ibindi byaha (ASOC) kuri uyu wa Gatanu tariki ya Mbere Ukwakira bafashe Nshamihigo Abdul w’imyaka 38 na …

Kigali: Nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida wa Repuburika bongeye gufatwa bibye umuturage miliyoni 3 Read More

Inkuru y’uruhererekane ivuga umwana warezwe na nyirakuru ubwo ababyeyi be bari bamaze gutandukana

Pupuri yakuze abana na nyirakuru. Yamwitaga nyina kubera ko yamenye ubwenge ariwe abona iruhande rwe. Pupuri yatandukanye n’ababyeyi be ubwo yari afite umwaka umwe n’igice gusa.Hari mu mwaka wi 2008, …

Inkuru y’uruhererekane ivuga umwana warezwe na nyirakuru ubwo ababyeyi be bari bamaze gutandukana Read More