Abifuza uruhushya rwa gateganyo bashyizwe igorora,ntawe uzongera gukubita amaguru ajya kuruzana ubu rwashyizwe ku Irembo

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe ibizamini n’impushya zo gutwara ibinyabiziga ryatangaje ko hashyizweho uruhushya rw’agateganyo rukozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga, ku bantu batsindiye cyangwa abafite impushya zo gutwara ibinyabiziga z’agateganyo zigifite …

Abifuza uruhushya rwa gateganyo bashyizwe igorora,ntawe uzongera gukubita amaguru ajya kuruzana ubu rwashyizwe ku Irembo Read More

Bahavu wamamaye nka Diane muri City Maid yegukanye igihembo cy’Imodoka muri Rwanda International Movie Award

Ibihembo bya Rwanda International Movie Award (RIMA) byabaye mu ijoro ryakeye byasize Bahavu Jeannette wamamaye nka Diane muri City Maid, ubu akaba akina muri filime ye bwite yise Impanga ahize …

Bahavu wamamaye nka Diane muri City Maid yegukanye igihembo cy’Imodoka muri Rwanda International Movie Award Read More

Nyuma yo kwemera uburangare yagize imbere ya Perezida Paul Kagame yakuwe mu inshingano

Solange Umutesi wari Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro, uherutse kwemerera Perezida Paul Kagame ko yagize uburangare ku kibazo yagombye kumwibutsa, yasimbuwe kuri uyu mwanya, hashyirwaho Antoine Mutsinzi. Itangazo ryaturutse mu …

Nyuma yo kwemera uburangare yagize imbere ya Perezida Paul Kagame yakuwe mu inshingano Read More

Abakundana batabasha kubonana kubera umwe ari kure yundi bashyizwe igorora.

Ikigo cy’Abashinwa cyitwa Siweifushe, cyakoze imashini y’ikoranabuhanga yiswe MUA yifashishwa mu gusomana hagati y’abantu bakundana batabasha guhura kubera impamvu zitandukanye. Ni igikoresho gicomekwa kuri telefone, gifite agace kameze nk’umunwa w’umuntu …

Abakundana batabasha kubonana kubera umwe ari kure yundi bashyizwe igorora. Read More

Umusifuzi Mpuzamahanga Mukansanga Rhadia Salima yongeye guhabwa igihembo gikomeye muri Afurika

Umusifuzi Mpuzamahanga Mukansanga Rhadia Salima ukomeje kwesa imihigo itandukanye yongeye guhabwa igikombe gikomeye ku mugabane w’Afurika cyiswe “Forty under 40 Africa Award” kigenerwa ababaye indashyikirwa mu bikorwa binyuranye ku Mugabane …

Umusifuzi Mpuzamahanga Mukansanga Rhadia Salima yongeye guhabwa igihembo gikomeye muri Afurika Read More