Impinduka ku cyaha cyo gusambanya abana,mbwambere mu mateka y’u Rwanda hatangajwe urutonde rwabakoze iki cyaha.

Abantu 322 binganjemo abagabo nibo batangajwe bwa mbere mu mateka y’u Rwanda ku rutonde rw’abantu bahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana no gukoresha ku gahato imibonano mpuzabitsina Ubwo u Rwanda rwifatanyaga …

Impinduka ku cyaha cyo gusambanya abana,mbwambere mu mateka y’u Rwanda hatangajwe urutonde rwabakoze iki cyaha. Read More

Hagiye gushyirwaho amabwiriza azagenga amashuri mu kwaka ababyeyi amafaranga y’inyongera

Dr Uwamariya Valentine Minisitiri w’Uburezi, yatangaje ko hagiye gushyirwaho amabwiriza ibigo by’amashuri bizajya bikurikiza mu gushyiraho amafaranga y’ibikoresho n’andi basaba ababyeyi arenga ku y’ishuri. tariki ya 10 Ukwakira 2021 nibwo …

Hagiye gushyirwaho amabwiriza azagenga amashuri mu kwaka ababyeyi amafaranga y’inyongera Read More

Urukingo rwa Malariya rwamaze kwemezwa n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (WHO),

Ku wa Gatatu taiki 06 Ukwakira 2021, Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (WHO), ryemeje bidasubirwaho urukingo rw’indwara ya Malariya. Urukingo rwa Malaria ruje rukenewe kuko imibare itanganzwa na WHO …

Urukingo rwa Malariya rwamaze kwemezwa n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (WHO), Read More