Ibyishimo bya Mukarujanga nyuma yo kwibaruka umwana yabyaranye na murumuna wa Nizzo Kabosi.(AMAFOTO)

Umukinnyikazi wa filime umenyerewe cyane mu ruganda rwa Cinema mu Rwanda uzwi ku izina rya mukarujanga ari mubyishimo kubera kwibaruka umwana yabyaranye na Abimana Sano Adolphe, umuraperi uzwi ku izina …

Ibyishimo bya Mukarujanga nyuma yo kwibaruka umwana yabyaranye na murumuna wa Nizzo Kabosi.(AMAFOTO) Read More

Volleyball: Nyuma y’imyaka 12 akinira ikipe y’igihugu,Dusabimana Vincent ‘Gasongo’ yayisezeyeho.

Dusabimana Vincent uzwi nka Gasongo akaba yaramaze imyaka 12 akinira ikipe y’igihugu ya Volleyball yamaze gusezera avuga ko agiye kwita cyane ku ikipe akinira ya REG, ashimira buri wese wamubaye …

Volleyball: Nyuma y’imyaka 12 akinira ikipe y’igihugu,Dusabimana Vincent ‘Gasongo’ yayisezeyeho. Read More

Haïti:Minisitiri w’Intebe arashinjwa uruhare mu rupfu rwa Perezida Jovenel Moise uherutse kwicwa arashwe

Minisitiri w’Intebe Ariel Henry wa Haïti yasabiwe n’umushinjacyaha  gukorwaho iperereza kurupfu rwa rwa Perezida Jovenel Moise wishwe arashwe. ubwo perezida yicwaga muri iryo joro Ariel yavuganye n’umwe mu bantu bakekwa …

Haïti:Minisitiri w’Intebe arashinjwa uruhare mu rupfu rwa Perezida Jovenel Moise uherutse kwicwa arashwe Read More

RIB yerekanye umugabo washukaga abagore n’abakobwa ko agiye kubaha akazi ubundi akabasambanya

RIB, kuri uyu wa Kabiri yeretse  itangazamakuru umugabo w’imyaka 35 ukekwaho gushuka abakobwa n’abagore akabahamagara kuri telefone ngo baze abahe akazi, yahura nabo akabasambanya akabiba n’ibyo bari bafite. Amahano uyu …

RIB yerekanye umugabo washukaga abagore n’abakobwa ko agiye kubaha akazi ubundi akabasambanya Read More