Imodoka zitwara abagenzi zibarirwa muri 300 zigiye kongerwa muri Kigali mu rwego rwo gukemura ikibazo k’imirongo y’abagenzi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Eng. Patricia Uwase, yatangarije mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye tariki ya 27 Gashyantare 2023 ko mu gihe cy’amezi atatu abagenzi bazoroherwa n’ingendo muri …

Imodoka zitwara abagenzi zibarirwa muri 300 zigiye kongerwa muri Kigali mu rwego rwo gukemura ikibazo k’imirongo y’abagenzi Read More

Umushyikirano#18:Perezida Kagame yaburiye abayobozi berekeje umutima muri za ’tombola’

Perezida Paul Kagame yaburiye abayobozi batuzuza inshingano zabo, ahubwo bahugiye mu bikorwa bidafite ishingiro bidindiza iterambere ry’igihugu. Ni ijambo yavuze kuri uyu wa Mbere, ubwo yatangizaga Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, ibaye …

Umushyikirano#18:Perezida Kagame yaburiye abayobozi berekeje umutima muri za ’tombola’ Read More

Rwamagana:Padiri wari ukurikiranyweho ubujura bw’amafaranga arenga miliyari yagizwe umwere

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwagize umwere uwari Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rwamagana, Ingabire Jean Marie Théophile, wari ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ubujura bw’asaga miliyari y’amafaranga y’u Rwanda. Padiri Ingabire …

Rwamagana:Padiri wari ukurikiranyweho ubujura bw’amafaranga arenga miliyari yagizwe umwere Read More