Umuhanzi Niyo Bosco yatandukanye n’inzu yari yamusinyishije nyuma yigihe gito

Umuhanzi NIYO Bosco yamaze gutandukana n’inzu ‘Sunday Entertainment ‘yagiranye nayo amasezerano yo kugumya kumufasha kumenyekanisha umuziki we nyuma y’iminsi 44 biyemeje gufatanya urugendo. Niyo Bosco atandukanye na Sunday Entertainment nyuma y’igihe …

Umuhanzi Niyo Bosco yatandukanye n’inzu yari yamusinyishije nyuma yigihe gito Read More

Dore uburyo 10 bwo kwereka umukunzi wawe ko umukunda udakoresheje amafaranga menshi ku munsi wa St Valentin

Harabura amasaha macye kugira ngo umunsi mpuzamahanga w’abakundana wa St.Valentin ube. Menya ibyo wakorera umukunzi wawe kandi bitagutwaye amafaranga menshi, dore ko abantu benshi bazi ko kwizihiza uyu munsi bisaba …

Dore uburyo 10 bwo kwereka umukunzi wawe ko umukunda udakoresheje amafaranga menshi ku munsi wa St Valentin Read More

U Burusiya bwatangaje ko bwivuganye abasirikare ba Ukraine 250 mu ntambara bahanganyemo

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko yishe abasirikare basaga 250 ba Ukraine muri Donetsk, mu ntambara ibi bihugu byombi bikomeje kurwana kuva mu mwaka ushize. Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo y’u …

U Burusiya bwatangaje ko bwivuganye abasirikare ba Ukraine 250 mu ntambara bahanganyemo Read More

DR Congo: Abasirikare barindwi bakatiwe urwo gupfa kubera ‘guhunga M23’ bagaca igikuba

Abasirikare barindwi b’ingabo za DR Congo bakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwateraniye muri centre ya Sake kuwa gatandatu rubahamije ibyaha birimo ‘ubugwari’ no ‘guca igikuba muri rubanda’. Urwo rukiko rwa gisirikare …

DR Congo: Abasirikare barindwi bakatiwe urwo gupfa kubera ‘guhunga M23’ bagaca igikuba Read More

Indwara idasanzwe ikaba itaranamenyekana imaze guhita abatari bake mu gihugu cya Guinée équatoriale

Abantu basaga 200 bashyizwe mu kato muri Guinée équatoriale, nyuma y’uko indwara itaramenyekana ihitanye abantu icumi. Guhera kuri uyu wa Gatanu, Leta y’icyo gihugu yashyizeho amabwiriza akakaye abuza urujya n’uruza …

Indwara idasanzwe ikaba itaranamenyekana imaze guhita abatari bake mu gihugu cya Guinée équatoriale Read More

Mu rubanza rw’ukekwaho kwica uwo yari abereye mukase washenguye benshi habayemo ikintu kidasanzwe

Mu rubanza ruregwamo Mukazabarushimana Marie Chantal ukurikiranyweho kwica umwana w’imyaka itanu witwa Akeza Elsie Rutiyomba witabye Imana bikababaza benshi, umunyamategeko wunganiraga uregwa, yavuze atakomeza kumuburanira. Urupfu rw’uyu mwana Akeza Elsie …

Mu rubanza rw’ukekwaho kwica uwo yari abereye mukase washenguye benshi habayemo ikintu kidasanzwe Read More