Amakipe abiri yo muri Arabie Saoudite yashyiriyeho Messi akayabo ka miliyoni 350$ mu rwego rwo guhangana na Cristiano Ronaldo

Rurangiranwa Lionel Messi yashyiriweho akayabo ka miliyoni 350$ kugira ngo yerekeze muri Al-Hilal ndetse na Al-Ittihad Club  mu cyeba wayo, aya makipe  yifuza guhangana na Al Nassr iherutse gusinyisha Cristiano …

Amakipe abiri yo muri Arabie Saoudite yashyiriyeho Messi akayabo ka miliyoni 350$ mu rwego rwo guhangana na Cristiano Ronaldo Read More

Kecapu ukina muri Bamenya yashyize hanze amafoto ateye ubwuzu agaragaza ko agiye kwibaruka

Mukayizere Jalia Nelly uzwi ku izina ray Kecapu muri sinema Nyarwanda, wakunzwe muri Filme y’uruhererekane ya Bamenya itambuka kuri YouTube yashyize mafoto hanze amugaragaza nk’umuntu wenda kwibaruka bisa naho byongeye …

Kecapu ukina muri Bamenya yashyize hanze amafoto ateye ubwuzu agaragaza ko agiye kwibaruka Read More

Abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bafite ububasha burenze ubw’abantu batekereza-Ingabire Marie Immaculée

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée avuga ko Abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bafite ububasha burenze ubw’abantu batekereza kuko iyo aguhagaritse akakwereka amakosa, aba abaye Umushinjacyaha, yaguca …

Abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bafite ububasha burenze ubw’abantu batekereza-Ingabire Marie Immaculée Read More

Umusaza w’imyaka 82 yasezeye akazi ajya mu kiruhuko k’izabukuru nyuma yikusanywa rya $100,000 kuri TikTok

Umugabo w’imyaka 82 wahoze ari umusirikare wa Amerika ubu wakoraga nka ‘cashier’ mu iguriro rya Walmart yabashije kujya mu kiruhuko cy’izabukuru nyuma y’igikorwa cy’ubugiraneza. Warren Marion w’i Cumberland muri leta …

Umusaza w’imyaka 82 yasezeye akazi ajya mu kiruhuko k’izabukuru nyuma yikusanywa rya $100,000 kuri TikTok Read More