Burera:Abantu 58 bagiye mu bitaro nyuma yaho banyweye ubushera mu bukwe bikekwa ko buhumanye.

Nyuma yaho batashye ubukwe kwa MBARAGA Philemon wari wacyuje ubukwe bw’umukobwa we,abantu 58 bagaragaje ibimenyotso bisa aribyo guhitwa, kuruka,kubabara munda no gucika intege  bahita bajyanwa mu bitaro ku kigo nderabuzima …

Burera:Abantu 58 bagiye mu bitaro nyuma yaho banyweye ubushera mu bukwe bikekwa ko buhumanye. Read More

Haribazwa byinshi ku mashusho y’urukozasoni yagiye hanze Turahirwa Moses(Moshions) asambana n’abagabo bagenzi be babazungu

Kumbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amashusho agaragaza ibiteye isoni kuri Turahirwa Moses usanzwe ari umunyamideri wanashinze inzu ‘Moshions’ itunganaya imideri yanamwitiriwe ,aho agaragara ari kukora igikorwa cy’ubusambanyi n’abagabo bagenzi be babazungu. …

Haribazwa byinshi ku mashusho y’urukozasoni yagiye hanze Turahirwa Moses(Moshions) asambana n’abagabo bagenzi be babazungu Read More