Akabaye icwende ntikoga,Kajala yongeye gutandukana na Harmonize ubugira kabiri

Nyuma yo kongera gutandukana ubugira kabiri,Frida Kajala Masanja aricuza kuba yarasubiye mu rukundo n’umuhanzi Harmonize ibi yabivuze n’agahinda gakomye. Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga yashyizeho amagambo ateye agahinda arimo kwicuza cyane …

Akabaye icwende ntikoga,Kajala yongeye gutandukana na Harmonize ubugira kabiri Read More

Ntibisanzwe:Jaylen Smith w’imyaka 18 yatorewe kuba Mayor muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika

Mu mateka ya Leta zunze ubumwe z’Amerika hatowe Mayor muto cyane kurusha abandi w’imyaka 18 watorewe kuyobora umujyi wa Earle, Arkansas. Jaylen Smith wesheje uyu muhigo , yarangije amashuri yisumbuye …

Ntibisanzwe:Jaylen Smith w’imyaka 18 yatorewe kuba Mayor muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika Read More

Meddy Saleh yifurijwe isabukuru y’amavuko na Shaddyboo babyaranye abana 2, bakoresha amagambo yateye benshi ubwuzu

Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo yafashe umwanya yifuriza isabukuru nziza Meddy Saleh ushimira Imana imuha kuramuka, bishimisha ababakurikira, babarata ubupfura. Meddy Saleh umaze imyaka itari micye mu myidagaduro by’umwihariko mu …

Meddy Saleh yifurijwe isabukuru y’amavuko na Shaddyboo babyaranye abana 2, bakoresha amagambo yateye benshi ubwuzu Read More

Ibyo abenshi batakekaga Maroc irabikoze,umugabane w’Afurika urahagarariwe muri 1/4 cy’igikombe cy’Isi

Ikipe y’Igihugu ya Maroc yerekanye ko umugabane w’Afurika nawo udahejwe kugera muri kimwe cya 1/4 cy’igikombe cy’Isi isezerera Espagne ku bitego 3-0. Uyu mukino wishiraniro warangiye ku mpande zombi ari …

Ibyo abenshi batakekaga Maroc irabikoze,umugabane w’Afurika urahagarariwe muri 1/4 cy’igikombe cy’Isi Read More

Muri Teritware ya rutshuru,ibintu bikomeje kuba bibi,umunsi wejo aba mai mai basahuye amaduka banamena ibicuruzwa kubo bita abatutsi(Video)

Mu gihugu cya Congo muri Teritware y’a rutshuru, chefferie y’a bwito, groupement ya bishusha,umutwe wa mai mai wiraye mu maduka yabacuruzi bafatwa nkabatutsi kuberako bavuga ikinyarwanda maze barayasahura ndetse banamenagura …

Muri Teritware ya rutshuru,ibintu bikomeje kuba bibi,umunsi wejo aba mai mai basahuye amaduka banamena ibicuruzwa kubo bita abatutsi(Video) Read More

Kuri miliyoni £173 Cristiano Ronaldo ashobora kwerekeza muri Arabie Saoudite bikamugira umukinnyi wa mbere uhembwa agatubutse

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukomoka muri Portugal yumvikanye na Al-Nassr yo muri Arabie Saoudite ndetse ashobora kuyisinyira amasezerano afite agaciro ka miliyoni £173. Nyuma y’iminsi 12, Ikipe ya Manchester United yemeje …

Kuri miliyoni £173 Cristiano Ronaldo ashobora kwerekeza muri Arabie Saoudite bikamugira umukinnyi wa mbere uhembwa agatubutse Read More