Perezida Zelensky yirukanye abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano abita ’abagambanyi

Abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano mu gihugu cya Ukraine birukanywe bazira ubugambanyi,ibi byaraye bitangajwe na Perezida Volodymyr Zelenskiy. Ati: “Simfite igihe cyo gukorana n’abagambanyi, gusa bose bazagenda bahanwa gake gake.” …

Perezida Zelensky yirukanye abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano abita ’abagambanyi Read More

Minisitiri Dr. Vincen yagiriye uruzinduko rw’akazi i Washington muri Amerika

 Dr Vincent Biruta Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane,yatangiye uruzinduko rw’akazi i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA). Kuri uyu wa Mbere, yahuye n’abayobozi bo muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga barimo …

Minisitiri Dr. Vincen yagiriye uruzinduko rw’akazi i Washington muri Amerika Read More

U Rwanda Rwabeshyuje amakuru yatangajwe n’igisirikare cya Congo mu kugira uruhare mu ntamabara iri kuhabera

Nyuma yaho imirwano yongeye kubura muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo , aho bivugwa ko ari umutwe wa M23 uri kugaba ibitero mu duce dutandukanye tw’iki gihugu , ubuyobozi bw’iki …

U Rwanda Rwabeshyuje amakuru yatangajwe n’igisirikare cya Congo mu kugira uruhare mu ntamabara iri kuhabera Read More

Ukraine irasumbirijwe,Zelenskyy avuga ko imbunda basigaranye zitabafasha guhanganira n’u Burusiya muri Mariupol

Volodymyr Zelensky  Perezida wa Ukraine yatangaje ko imbunda ingabo z’igihugu cye ziri gukoresa zirwana n’iz’u Burusiya mu karere ka Mariupol kari kuberamo imirwano,zitabafasha kunesha umwanzi Ibi Zelensky yabitangaje ubwo yari  mu …

Ukraine irasumbirijwe,Zelenskyy avuga ko imbunda basigaranye zitabafasha guhanganira n’u Burusiya muri Mariupol Read More

Ukraine iri gutahura abasirikare b’u Burusiya bishwe menya uburyo iri gukoresha ibatahura

Minisitiri w’Intebe wungirije wa Ukraine, Mykhailo Fedorov yabwiye Reuters ko Clearview.ai ibafasha mu gutahura imibiri y’abasirikare b’u Burusiya baguye ku rugamba no gukurikirana imyirondoro yabo. Iyo iri koranabuhanga rivumbuye isura …

Ukraine iri gutahura abasirikare b’u Burusiya bishwe menya uburyo iri gukoresha ibatahura Read More