Ntibisanzwe:Jaylen Smith w’imyaka 18 yatorewe kuba Mayor muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika

Mu mateka ya Leta zunze ubumwe z’Amerika hatowe Mayor muto cyane kurusha abandi w’imyaka 18 watorewe kuyobora umujyi wa Earle, Arkansas. Jaylen Smith wesheje uyu muhigo , yarangije amashuri yisumbuye …

Ntibisanzwe:Jaylen Smith w’imyaka 18 yatorewe kuba Mayor muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika Read More

Muri Teritware ya rutshuru,ibintu bikomeje kuba bibi,umunsi wejo aba mai mai basahuye amaduka banamena ibicuruzwa kubo bita abatutsi(Video)

Mu gihugu cya Congo muri Teritware y’a rutshuru, chefferie y’a bwito, groupement ya bishusha,umutwe wa mai mai wiraye mu maduka yabacuruzi bafatwa nkabatutsi kuberako bavuga ikinyarwanda maze barayasahura ndetse banamenagura …

Muri Teritware ya rutshuru,ibintu bikomeje kuba bibi,umunsi wejo aba mai mai basahuye amaduka banamena ibicuruzwa kubo bita abatutsi(Video) Read More

UGANDA: Umukobwa yihandagaje anjya mu muhanda yambaye ubusa buriburi kumpamvu z’amafaranga. Reba videwo>>>

Kumbuga nkoranyamabaga hakomeje gusakara amashusho y’umukobwa urikuvugisha benshi bivugwa ko ari uwo mugihugu cya Uganda , wagaragaye yambaye akenda k’imbere hejuru yazamuye ikanzu yari yambaye amabere akagaraga maze akagenda mu …

UGANDA: Umukobwa yihandagaje anjya mu muhanda yambaye ubusa buriburi kumpamvu z’amafaranga. Reba videwo>>> Read More

DRC: Habereye inama yahuje Abarozi, Abapfumu n’Abakonikoni bose. Dore icyatumye bakora iyi nama

Inama idasanzwe yahuruje buri muntu wese ukoresha imbaranga z’umwijima harimo abarozi bose, abapfumu n’abakonokoni hatabuze numwe ibera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Aba twakwita abarozi bakoze igisa nagatangaza rwagati …

DRC: Habereye inama yahuje Abarozi, Abapfumu n’Abakonikoni bose. Dore icyatumye bakora iyi nama Read More

Umwe mugabo za FARDC baketsweho ko ari umututsi bamwica urwo agashinyaguro bamuhora M23, Gusa Imana yakitse ukuboko ntiyahasiga ubuzima.

Nk’uko bimaze igihe bitangazwa n’imbuga nkoranyambaga zitandukanye bavuga ko abanye congo bo mu bwoko bw’Abatutsi bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bakomeje guhohoterwa bazizwa ko M23 iri kurwana bikomeje kwigaragaza no mu ngabo …

Umwe mugabo za FARDC baketsweho ko ari umututsi bamwica urwo agashinyaguro bamuhora M23, Gusa Imana yakitse ukuboko ntiyahasiga ubuzima. Read More

Perezida Yoweri Museveni abona umutekano muke wa DRC ariyo iwitera koko imitwe y’iterabwoba irusha FARDC intwaro.

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yavuze ku ntandaro y’umutekano muke umaze imyaka igera kuri 20 mu burasirazuba bwa DRC, aho imitwe yitwaje intwaro isaga 120 izerera ivuga ko ikibazo cy’umutekano …

Perezida Yoweri Museveni abona umutekano muke wa DRC ariyo iwitera koko imitwe y’iterabwoba irusha FARDC intwaro. Read More

Imiryango itegamiye kuri Leta yo mu Rwanda iri kwamagana ibikorwa bya jenoside’ muri DRC

Abahagarariye sosiyete sivile zo mu Rwanda baratabaza  amahanga kureba uko bahagarika ‘ibikorwa bya jenoside’ bikomejegukorerwa  imiryango y’abatutsi mu burasirazuba bwa  Congo. Bavuga ko ibikorwa by’ihohoterwa rikorerwa abatutsi bo muri congo …

Imiryango itegamiye kuri Leta yo mu Rwanda iri kwamagana ibikorwa bya jenoside’ muri DRC Read More