Myugariro w’umunyarwanda wakiniye Rayon Sports na APR FC mu nzira imwerekeza mu kipe ikomeye mu Bufaransa

Mutsinzi Ange Jimmy yamaze yamaze gusesa amasezerano n’iyi kipe kubera ikibazo cy’amikoro. Mutsinzi Ange ’imyaka 25 ukina mu mutima w’ubwugarizi, ku wa Gatatu w’iki cyumweru tariki ya 21 Ukuboza ari …

Myugariro w’umunyarwanda wakiniye Rayon Sports na APR FC mu nzira imwerekeza mu kipe ikomeye mu Bufaransa Read More

Ikipe y’igihugu y’Argentine na Messi bakiriwe nk’Intwari ubwo bageraga mu gihugu cyabo(Amafoto)

Byari ibirori by’agatangaza ubwo ikipe ya Argentine na Messi bageraga mu gihugu cyabo batashye bava muri Qatar bakakirwa nabantu uruvunganzoka babashimira ibyo bakoze ndetse bafashwe nk’Intwari. Ubwo bageraga mu mujyi …

Ikipe y’igihugu y’Argentine na Messi bakiriwe nk’Intwari ubwo bageraga mu gihugu cyabo(Amafoto) Read More

Nyuma yo kutishimira uko yafashwe Karim Benzema yasezeye mu ikipe y’igihugu y’Ubufaransa

Karim Benzema Rutahizamu kabuhariwe yamaze gusezera mu kipe y’Igihugu y’u Bufaransa ’Les Bleus’, nyuma y’igihe gito yemerewe kongera kuyigarukamo ariko bikarangira adakinnye kubera imvune yahuye nayo. Benzema abinyujije ku rukuta …

Nyuma yo kutishimira uko yafashwe Karim Benzema yasezeye mu ikipe y’igihugu y’Ubufaransa Read More

Lionel Messi yafashwe n’amarangamutima nyuma y’umukino avuga ibintu bikomeye

Uyu Rutahizamu  wa Argentina Lionel Messi yabitangaje nyuma y’umukino wabahuzaga n’ubufaransa. Lionel Messi nyuma yo kwegukana igikombe cy’isi mu kiganiro n’itangazamakuru yatangaje amagambo akomeye, yagize ati” dutinze kugera muri Argentine …

Lionel Messi yafashwe n’amarangamutima nyuma y’umukino avuga ibintu bikomeye Read More