Haringingo Christian Francis umutoza wa Rayons Sport Mushya ati:”Intego ni ugutwara ibikombe byose bikinirwa mu Rwanda.”

Umutoza mushya wa Rayons Sport Haringingo Christian Francis waje avuye muri mukeba Kiyovu Sport,nyuma y’uko ikipe ye Rayon Sports itangiye imyitozo ku wa 22 Nyakanga 2022, yitegura umwaka w’imikino wa …

Haringingo Christian Francis umutoza wa Rayons Sport Mushya ati:”Intego ni ugutwara ibikombe byose bikinirwa mu Rwanda.” Read More

Sadio Mane yegukanye igihembo cy’umukinnyi wa Africa,umukinnyi wa Simba SC ahembwa nkuwatsinze igitego cyiza

Sadio Mane rutahizamu wa  Bayern Munich mu Budage yahigitse mugenzi we Edouard Mendy bakomoka hamwe ukinira Chelsea n’umunya-Misiri, Mohamed Salah ukinira Liverpool maze yegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka muri Afurika. …

Sadio Mane yegukanye igihembo cy’umukinnyi wa Africa,umukinnyi wa Simba SC ahembwa nkuwatsinze igitego cyiza Read More

Kapiteni wa AS Kigali, Haruna Niyonzima yamaze kumvikana na AS Kigali ku masezerano mashya.

Haruna Niyonzima capiteni wa’ikipe ya AS Kigali yamaze kumvikana n’iyi kipe kuba yayongerera amasezerano y’umwaka umwe ayikinira. Haruna Niyonzima agiye gusinya aya masezerano nyuma yuko batwaye igikombe cy’amahoro batsinze ikipe …

Kapiteni wa AS Kigali, Haruna Niyonzima yamaze kumvikana na AS Kigali ku masezerano mashya. Read More