Bruce Melodi yishyizeho ‘tattooage’ y’abana be 2 babakobwa bivugisha benshi.

Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka ‘Bruce Melodie’ mu muziki,uherereye mu gihugu cy’Ubuhinde yishyizeho igishushanyo ‘tattooage’ kigizwe n’izina rye ndetse n’amafoto y’abana be babiri babakobwa bivugisha abatari bake. Iyi nkuru yaciye ibintu …

Bruce Melodi yishyizeho ‘tattooage’ y’abana be 2 babakobwa bivugisha benshi. Read More

Umukinnyi wa filime Fofo ukina muri Papa Sava yakorerwe ibirori byo gusezera k’ubukumi

Niwemubyeyi Noella umukinnyikazi  wa filime  wamenyekanye nka Fofo muri filime ‘Papa Sava’ iri mu zikunzwe cyane mu Rwanda, yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi bizwi nka ‘Bridal Shower’. Ibi birori uyu …

Umukinnyi wa filime Fofo ukina muri Papa Sava yakorerwe ibirori byo gusezera k’ubukumi Read More