Bitarenze uku kwezi kwa Nzeri umujyi wa Kigali ushobora gusubira mu buzima busanzwe

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa,yavuze ko abaturage ayobora basobanukiwe neza gahunda yo kwikingiza ariyo mpamvu umubare w’abamaze gufata urukingo nugera kuri 90% ibikorwa byose bizafungurwa bitarenze mu kwezi gutaha. …

Bitarenze uku kwezi kwa Nzeri umujyi wa Kigali ushobora gusubira mu buzima busanzwe Read More

Ibimenyetso 4 Byerekana ko Ukoresha Ibiryo Birimo isukari nyinshi kandi ko Ukeneye kubihagarika.

Kuribwa mu gifu, umunaniro udasobanutse cyangwa kwihagarika kenshi bishobora rimwe na rimwe kuba ikimenyetso cy’isukari nyinshi mu mubiri.Ubuvuzi n’ubushakashatsi byerekanye ko gufata ibiryo birimo isukari ari ngombwa mu kubaka amagufwa …

Ibimenyetso 4 Byerekana ko Ukoresha Ibiryo Birimo isukari nyinshi kandi ko Ukeneye kubihagarika. Read More

Ibimenyetso 8 Ugomba guhora ugenzura biranga umuntu ugiye kugira indwara ya Stroke(gucika udutsi tuyobora amaraso mu bwonko)

Indwara ya stroke ibaho mugihe igice cyubwonko gihagaritse kwakira amaraso atembera. Iyi ndwara yubwonko ishobora gutuma umuntu atakaza ubuzima, irashobora gutuma habaho kugira ikibazo cyo kugagara (paralysis)igihe gito cyangwa igihe …

Ibimenyetso 8 Ugomba guhora ugenzura biranga umuntu ugiye kugira indwara ya Stroke(gucika udutsi tuyobora amaraso mu bwonko) Read More