
Ba bakobwa bafunzwe bazira guca tumwe muduce tugize imyanya yibanga ya mugenzi wabo bafunguwe.
Ubwo inama y’Abaminisitiri yateranaga kuwa 13 Ugushyingo 2022, yemeje iteka rya Perezida ritanga imbabazi ku bagororwa 12 bakatiwe n’inkiko nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitandukanye, n’iteka rya Minisitiri ryemeza ifungwa ry’agateganyo …
Ba bakobwa bafunzwe bazira guca tumwe muduce tugize imyanya yibanga ya mugenzi wabo bafunguwe. Read More