Rurageretse hagati ya Perezida wa Kiyovu Sports n’umunyanyamakuru w’imikino wa RBA Rugaju Reagan (VIDEO)

Ibi bije nyuma yaho ikipe ya Kiyovu Sports itsinzwe na Bugesera ibitego bine ku busa mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.

Uku kutumvikana kuje nyuma yuku ku titwara neza kwa Kiyovu Sports imbere ya Bugesera aho byavunzwe ko habaye icyo bita (Match fixing) ku genda ibizava mu mukino.

Uyu munyamakuru asa nuwabivuzeho asa n’usubiramo ibyo Generali yari yaravuze umwaka utaha ko ngo I buruseri bakize kubera Kiyovu Sports yatsinzwe .

Subwambere ibi bivunzwe muri Kiyovu Sports kuko mu mwaka utaha Perezida wa Kiyovu Sports Ngorimana bakunze kwita Generali yabishyinjaga uyu Mvukiyehe Juvenal ko atega imikino ya Kiyovu Sports hari nyuma y’umukino wabahuje na Gasogi ikabatsinda.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433, +250783399900.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *