Umuhanzi ukorera umuziki mu gihugu cya uganda nyuma yo kujyanywa mu Bitaro ikitaraganyije bimaze gutangazwa ko agiye kubagwa impindura “Pancreas” yajyanywe ku bitaro nyuma yo kumererwa nabi mu ijoro ryahise bikaba bimaze kumenyekana ko agiye kubagwa .
Aya makuru arimo kuva aho uyu muhanzi jose chameleone aho aherereye muri Leta zunze ubumwe za amerika aya makuru avugako agomba kubagwa impindura uyu munyabigwi akwiriye amasengesho menshi cyane