Umunyamakuru w’imikino kuri Televiziyo Rwanda Ariane Uwamahoro yasezeranye mu mategeko {AMAFOTO}

Uyu  muhango wabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa 2 Mata 2022 mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali.

 

Bananeza Raymond bagiye kubana nawe asanzwe azwi mu bikorwa byerekeye imikino cyane ko yanize siporo akaba yaranatoje abana Basketball ndetse binavugwako yabayeho umusifuzi wa ruhago.

Uyu mugabo usanzwe ufite impamyabumenyi y’ikirenga (PHD) muri Siporo yakuye mu Bushinwa, yari umwe mu bahataniye kuyobora irerero rya PSG ryo mu Rwanda riri i Huye ariko ntiyagira ayo mahirwe.

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *